in ,

Ndayishimiye Youssuf akomeje kuzamura ibendera ry’igihugu cy’Uburundi imahanga

Umukinnyi w’intamba mu rugamba Ndayishimiye Youssuf Nyange akomeje  gutera imbere uko bukeye nuko bwije .

Nyuma y’iminsi itatu ishize atsi igitego  mu mukino  rw’irushanwa rikuru ryo muri Turquie , yaraye yongeye kandi gutsinda igitego mu mukino wa UEFA Conférence League waraye ubahuje na Hearts .

Hari kuri uyu wa kane, aho ekipe ya  Instabul Basaksehir ikinamwo Ndayishimiye Youssuf ubwo bakinaga umukino wa nyuma wa  UEFA CONFÉRENCE LEAGUE aho bahuye na ekipe ya Hearts yo muri Ecosse aho bayitsinze ibitego 3-1 , ndetse bikaba byanatumye bakomeza 1/8.

Youssuf Nyange byamutwaye iminota 4 gusa kugira atsindire igitego Istanbul Basaksehir igitego cya mbere ndetse kikaba igitego cya 2 muri iryo rushanwa rya UEFA CONFÉRENCE LEAGUE .

Instabul ikaba ya naraye iyoboye itsinda n’amanota 13 bakaba banganya na Fiorentina ariko bitewe n’uko Istanbul yatsinze Fiorentina ibitego 3-0 mu mukino wambere na Fiorentina ibatsinda ibitsindo 2-1 mu wo kwishura bikaba byahaye amahirwe Instabul Basaksehir gufata umwanya wambere.

Ntawutashima urwego rw’umukinnyi w’intamba mu rugamba muri ino minsi kuko ari idarapo ry’igihugu  mu mahanga mu gutsinda ibitego kandi ari umukinnyi w’inyuma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yahaye isomo rikomeye inkumi yihaye gukorakora ubugabo bw’umugabo we mu ruhame(video)

Amashirakinyoma ku mubano w’abahanzi Marina Deborah na Yvan Muziki