in

Amashirakinyoma ku mubano w’abahanzi Marina Deborah na Yvan Muziki

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’Uburindi akaba akora umuziki nyarwanda witwa Yvan Muziki kuri uyu wa gatanu yagiranye ikiganiro na Isibo Tv muri The Choice Live maze atangaza ku nkuru zivuga ku rukundo rwe n’umuhanzikazi Marina Deborah.

Yabajijwe umubano bivugwa ko afitanye na n’umukunzikazi Marina maze asubiza umunyamakuru agira ati “Ntabwo nabuze abantu kuvuga kuko ni uburenganzira bwabo ibyo bavuga simbizi“

Yvan Muziki yavuze ko yatangiye umuziki afite imyaka 14, abajijwe aho uruganda rwa muzika nyarwanda rugeze yasubije agira ati “uruganda rw’imyidagaduro nyarwanda ntabwo narwita ruto ahubwo hari ibintu tudaha agaciro nkuko bikwiye, njye mbona yaba abahanzi n’aba n’abashoramari bose bakeneranye

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ndayishimiye Youssuf akomeje kuzamura ibendera ry’igihugu cy’Uburundi imahanga

Indaya zatangaje ibiciro bishya nyuma y’ibintu byahenze ku masoko