in

“Nari narayobye” Bruce Melody yakoze indirimbo ivuga ubuzima bwe muri gereza

Nyuma yo kugera mu Rwanda akemeza ko ikibazo atazagishyira ku barindi Bose Kandi ko nta kwigengemvya kwari kuri mu Burundi, ndetse ko ikibazo ari icye n’undi muntu umwe, yahise akora indirimbo ushima Imana.

Muri iyi ndirimbo yumvikana avuga ko yari yarayobye ariko ubu agiye kujya ajya gusenga buri cyumweru ndetse ko yamenye ko Yesu amukunda avuga ku rukunda rwa Yesu ndetse akavugamo ko anamukunda.

Akenshi inganzo y’umuhanzi ituruka kubyo aba yaranyuzemo cyangwa se amateka n’amakuru akaba ariho Bruce Melody yahise akura inganzo yo kuririmba urukundo rw’Imana yabonye muri gereza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yaburiwe irengero imyaka 11 yose,nyuma bamusanga ari mu munyenga w’urukundo n’umusore baturanye.

Umutoza wa Rayon Sports yabwiye umuzamu Ramadhan Kabwili ibintu bitatu agomba gukosora