in

“Narabivuze iri tegeko rigiye kwirukanisha abagore bamwe ku mirimo imwe n’imwe byongere ubushomeri” Mutesi Scovia avuga ku itegeko rishya ryongera iminsi y’ikiruhuko cyo kubyara ku mugore

“Narabivuze iri tegeko rigiye kwirukanisha abagore bamwe ku mirimo imwe n’imwe byongere ubushomeri” Mutesi Scovia avuga ku itegeko rishya ryongera iminsi y’ikiruhuko cyo kubyara ku mugore.

Abinyujije ku muyoboro wa YouTube, Mutesi Scovia yavuze ko hari imirimo abagore batakaje kubera itegeko ryongera iminsi y’ikiruhuko cyo kubyara ku mugore.

Hashize igihe hongerewe iminsi y’ikiruhuko cyo kubyara ku mugore aho yavuye ku byumweru 12 ikaba 14.

Scovia avuga ko ari tegeko ryatumye hari imirimo abagore batakaje aho yatanze urugero nko kuba Perezida w’urukiko ko utamara amezi ane utari waburanisha urubanza ndetse utari wacyira dosiye ngo umukoresha wawe azaguhe akazi.

Ati: “Narabivuze iri tegeko rigiye kwirukanisha abagore bamwe ku mirimo imwe n’imwe byongere ubushomeri.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese arabumvira? Umukinnyi wahoze ari nimero ya mbere muri Murera yagiriwe inama ikomeye ishobora gutuma abakinnyi bakina ku mwanya umwe abeguza igitaraganya

Dore indyo 5 zagufasha gucyemura ibibazo byo mu buriri ndetse zikagufasha no kongera imbaraga n’ibiro ku bagabo no ku bagore