in

“Namaze ubuzima n’ubwange kandi nta nda waba waranteye” umukinnyi wa filime Mama Eddy yabwije ukuri abantu bazana umunwa k’ubandi

“Namaze ubuzima n’ubwange kandi nta nda waba waranteye” umukinnyi wa filime Mama Eddy yabwije ukuri abantu bazana umunwa kubandi.

Mu kiganiro umukinnyi wa filime nyarwanda, uzwi nka Mama Eddy yagiranye n’umunyamakuru wa MIE yavuze ku kibazo cyo kuba yarongorwa atwite.

Yavuze ko mu buzima nta muntu ushobora gupfa adasebye, ko nawe byamubaho, kandi yavuze ko kuba yarongorwa atwite ntacyo bibarebaho kuko ntayo baba baramuteye.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imvubu yatumye abantu 20 baburirwa irengero nyuma y’ibyababayeho ubwo bari mu mazi rwa gati

Musanze: Habaye impanuka y’imodoka yanyuze hejuru y’umusore wari umaze gushikuza Terefone mu modoka yari iri muri Gare