in

Musanze FC yagaruye intwaro yayo ya kirimbuzi ije guhangamura amakipe yo mu Rwanda, umutwe wari watakaye wagarutse

Musanze FC ikipe iherereye mu ntara y’amajyaruguru mu karere ka Musanze ikaba yarimaze igihe cy’iminsi mike idafite umutoza kurubu ibyishimo nibyose.

Frank Ouna yatunguye abantu benshi ubwo yasezeraga mw’ikipe ya Musanze FC kubera ikibazo cy’ubuzima aho yari yaragiye kwivuza bikaba ngombwa ko atagaruka kugeza ubu yasimbujwe undi mutoza.

Umutoza witwa Adel Ahmed, wahoze atoza ikipe ya Musanze FC mugihe cya c Covide baza guhagarika imishahara,ararahira ahita anigendera, ubungubu ayigarutsemo bwa kabiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni inshyanutsi! Umugore wa Danny nanone yibasiye Yverry

Aichaa Leticia yari umunyeshuri kuri kaminuza ya Kwame Nkrumah University of Science and Technology

Umukobwa wavuye ku ishuri agiye gusura umuhungu bakundana yitabye Imana