in

Muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye mu macumbi y’abakobwa hatoraguwe uruhinja rwaburaga hafi ukwezi ngo ruvuke rusanzwe mu gatebo gashyirwamo imyanda -AMAFOTO

Mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Huye muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye mu nyubako icumbikamo abakobwa izwi nka Benghazi, hatoraguwe uruhinja rwaburaga hafi ukwezi ngo ruvuke rusanzwe mu gatebo gashyirwamo imyanda.

Kugeza ubu RIB yatangiye iperereza aho byabereye ngo hamenyekane uwaba abiri inyuma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwayezu Jean Fidèle akomeje guhigira Rayon Sports amafaranga ahashoboka hose! Rayon Sports yongereye amasezerano y’umwaka 1 ku wari usanzwe ari umuterankunga wayo

Barangajwe imbere na Ronaldinho! Hamenyekanye abakinnyi bose bakanyujijeho bagiye kuza mu Rwanda gukina imikino y’igikombe k’isi cy’abakanyujijeho