in

Muri ADEPR yo Rwanda bikomeje kugorana! Umupasiteri wo muri ADEPR yandikiye ibaruwa umushumba mukuru amusaba kwishingana kuko asumbirijwe na bagenzi be

Hashize iminsi mu bitangazamakuru havugwa inkuru zitari nziza mu itorero rya ADEPR mu Rwanda.

Muri iri torero, niho hazamuwe ibendera ry’amamaza ubutinganyi ndetse kandi hanavuzwemo inkuru y’umushumba washatse kweguza umukuru w’itorerero.

Kuri ubu noneho, hari umushumba wandikiye ibaruwa umushumba mukuru wa ADEPR Rwanda amusaba ko yamurenganura kuko ngo hari bagenzi be batamwifuriza ineza habe na gato.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Marine FC yanze ko APR FC isiga mukeba wayo Rayon Sports ku rutonde rwa Shampiyona kuko yayitendetseho 90 irashira

RIP Hakizimana Gad: Umusore yagwiriwe n’ipoto y’amashanyarazi ari kugenda mu muhanda