in

Murera iteye gapapu Police FC! Ku ikubitiro Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa Gasogi United wifuzwaga na Police FC

Mu masaha ya Saa sita zo kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Kamena 2023, nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha umukinnyi ikuye mu ikipe ya Gasogi United.

Rayon Sports iherutse kwegukana igikombe cy’Amahoro igitwaye APR FC, yamaze gusinyisha myugariro Bugingo Hakim wakiniraga Gasogi United.

Uyu musore w’imyaka 23 yifunzwaga cyane n’ikipe ya Police FC, gusa ariko Murera yahise ibatera gapapu imusinyisha imyaka 2.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Davido yiyamye abari kugenda bavugagavuga umugore we Chioma

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwifurije isabukuru nziza y’amavuko umukinnyi ngenderwaho muri iyi kipe (Ifoto)