in

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwifurije isabukuru nziza y’amavuko umukinnyi ngenderwaho muri iyi kipe (Ifoto)

Ikipe ya APR FC iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukinnyi wayo ngenderwaho ukina hagati mu kibuga.

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bubinyujije ku rubuga rwa Instagram bwifurije umukinnyi Mugisha Bonheur wamamaye cyane ku izina rya Casemiro ukina hagati mu kibuga muri iyi kipe isabukuru nziza y’amavuko.

Bonheur ari mu bakinnyi bafashije cyane ikipe ya APR FC mu mikino y’igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ndetse no mu mikino y’igikombe cy’Amahoro akaba yagize isabukuru y’amavuko kuri uyu munsi tariki 06 Kamena 2023.

Ifoto ya Mugisha Bonheur:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Murera iteye gapapu Police FC! Ku ikubitiro Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa Gasogi United wifuzwaga na Police FC

Amakuru agezweho: Ikipe ya Paris Saint Germain imaze kwirukana umwe mu bantu bari bakomeye muri iyi kipe