in

Murasazana! Nta mugabo ushobora gusiga umugore w’ujuje ibi bintu bine (4) 

Nta mugabo ushobora gusiga umugore w’ujuje ibi bintu bine (4).

Akenshi inkundo zitandukanye zitandukanywa n’uburyo abakundana bombi bafatana hagati yabo, akenshi iyo umumwe asize undi nuko hagati yabo baba batangiye kurambirana.

Gusa hari ibyo umugore aba yujuje bigatuma umugabo amwiyumvamo ku buryo biba bigoranye cyane kuba yamusiga..

1.Kubaha: iki nicyo kintu cyambere buri mugabo aba akunda kurusha ibindi byose, iyo umwubaha nawe arakubaha cyane. Ndetse igihe uri kumuha ibitekerezo ukamenya uburyo ubimuhamo n’uburyo umutwara mo.

2. Ikizere: Umugabo akunda umuntu umwizera, utamuhoza ku nyeke kandi udahora amunekaneka.

3.Care : ikindi kintu abagabo bakunda ni care nyinshi gusa zumidakabije, ukamenya igihe uzimuhera ndetse n’igihe cyo kuganira.

4. Inteko nziza: Umugabo ikindi kintu akundira umugore ni indyo amugaburira, niba umugabo yaguhahiye nawe uba ugomba kumuha serevisi nziza zo kumugaburira neza.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Wowe ibyawe warabikoze kandi Imana izabiguhembere” Ubuhamya bwa Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports bwakoze ku mitima ya benshi kubera igikorwa amaze iminsi akora cyananiye benshi

Bafunze umuhanda hitabazwa Polisi! Imodoka zari zitwaye Diamond Platnumz zatangiriwe n’imbaga y’abantu biba ngombwa ko Polisi iza kubakura mu nzira (VIDEWO)