in

Muhima: Nyirinzu witwa Clementine yasenyeye inzu hejuru y’abapangayi be nyuma y’uko banze kumwishyura amafaranga y’ubukode

Muhima: Nyirinzu witwa Clementine yasenyeye inzu hejuru y’abapangayi be nyuma y’uko banze kumwishyura amafaranga y’ubukode.

Mu murenge wa Muhima akagari ka Kabeza, Nyir’inzu witwa Yankurije Clementine yaje gufata umwanzuro wo kurira akajya gusenyera abapangayi be.

Abo atasenyeye yashyiragaho ingufuri, ngo kuko batinze kumwishyura.

Ibi ngo uyu muturage yabikoze nyuma yaho ubuyobozi bubimugiriyemo inama.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho ya Miss Kayumba Darina ari gucyemurira umusore utubazo tw’umubiri yakuruye icyamamare Jason Derulo ahita asaba uburenganzira bw’ikintu gikomeye

Ni iby’agaciro cyane kuramya no guhimbaza Imana ! Indirimbo yo kuramya no guhimbaza Imana Dadu Calixte yakoranye na James & Daniella ikomeje kuba ubukombe