in

Muhanga: Umugabo yaraziko agiye gukira mugihe gito none ibyamubayeho ni nki ibyo imbwa yahuriye nabyo kw’iriba

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga, yafashe Umugabo wari ufite amadolari ya Amerika y’amiganano magana atandatu ($600) agizwe n’inoti 12 za 50 ahwanye na 650,229Frw ubwo yari agiye kuyavunjisha.

Uwafashwe ni uwitwa Bizimana Emmanuel ufite imyaka 35 y’amavuko wafatiwe mu mudugudu wa Nyarucyamo, akagari ka Gahogo mu murenge wa Nyamabuye, ahagana ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yandikishaga imirongo mishya mu bitabo bya FIFA! Dore tumwe mu duhigo dushya Cristiano Ronaldo yaraye ashyizeho

Abakinnyi 2 batuguranye ku rutonde ikipe ya Rayon Sports yajyanye nabo mu karere ka Huye isiga abakinnyi 2 bakomeye bagoye Kiyovu Sports