in ,

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE NdabikunzeNdabikunze

Mu Rwanda: Abantu Bumiwe Nyuma Yo Kubona Umusore N’inkumi Bakorera Ubusambanyi Muri Piscine (Video)

Umunyarwanda yaravuze ati “Uwapfuye yarihuse” atabonye ibiri kuba muri iyi si ya none. Urubyiruko rw’ubu rwo ruti “Nta muntu waruzi ibi bintu”. Nibyo koko nta muntu waruzi ko umusore n’inkumi bakwihandagaza bagakora imibonamo mpuzabitsinda ku karubanda, abantu bose bareba ntacyo bikanga.

Ku mbuga nkoranyambaga hari gucicikana amashusho y’umusore n’umukobwa bari gukorera ubusambanyi muri piscine, bagateshwa n’urusaku rw’abari hafi aho bari bumiwe bitewe nibyo bari kubona.

Mu mashusho, umusore n’umukobwa bari bari koga hamwe n’abandi maze bajya ku ruhande gato batangira gushimisha imibiri yabo yabananiye, nyuma yaho abaraho babibonye nibwo bakomye akaruru maze uyu mukobwa n’umusore bagwa mu kantu.

Imico nkiyi ntago yari imenyerewe mu Rwanda, ntawahakana ko ubusambanyi mu rubyiruko bukorwa ariko ntago bisanzwe ko bukorerwa ku mugaragaro.

Reba amashusho uko byari byagenze

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
MUNYEMANA Ferdinand
MUNYEMANA Ferdinand
2 years ago

None se wowe byari ngombwa ko ukwirakwiza aya amashusho?

Xenus
Xenus
2 years ago

Nonese wowe byari ngombwa ko uyareba

Ntibisanzwe: Abakirisitu banze gushyingura pasteri wabo ngo arazuka

Mu magambo yiganjemo ayo kuzirikana urukundo amukunda, Muyoboke Alex yifurije isabukuru nziza umwana we