in

Mu irushanwa rya Kagame Cup ikipe y’umurenge yaciye izindi mu rihumye izana Abanyekongo none ibyo bari kubakorera si iby’i Rwanda -Amafoto

Mu ntara y’uburengerazuba ho mu karere ka Rusizi Ab’ i Kamembe muri Rusizi basaba Rwanda Local Gov kubarenganura.

Ni nyuma y’uko ikipe y’uyu Murenge itsindiwe muri 1/2 cya Kagame Cup n’iy’uwa Nkombo, bagahita batanga ikirego ko Nkombo yakinishije Abanyekongo.

Ibi mu mategeko bavuga ko bitemewe, none umukino wa nyuma uregereje batarasubizwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impanuka! Imvura ivanze n’umuyaga yasenye ibyumba bitatu by’ishuri i Rusizi

Amafoto : Yousef Rahab n’umukunzi we, w’ikizungerezi bambikana impeta bemeranwa kubana..