in

Mu bihe bitandukanye: Dore uburanga n’ikimero by’umusore wihinduje igitsina akaba avugwa mu rukundo na Mbappe

Kizigenza Kylian Mbappe aravugwa mu rukundo n’umusore wihinduje igitsina nyuma akaza kuba umugore.

Ibinyamakuru byo mu Bufaransa n’u Butaliyani bivugwa ko uyu rutahizamu ukunzwe na benshi muri iyi minsi ari mu rukundo na Ines Rau, umunyamideli wa mbere wihinduje igitsina akagaragara ku rupapuro rubanza rwa “Playboy Magazine.”

Aba bombi bagiye bagaragara mu bihe bitandukanye basohokeye ku mazi ndetse bahuje urugwiro nubwo bose ntawe uremeza ayo makuru y’urukundo rwabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bushari ushima Imana n’abarimu bamwigishije yatangaje byose ku muhungu we

Phil Peter yasobanuye byinshi bimaze iminsi bimuvugwaho nyuma yo gusohora Terimometa