in

Mourinho yasabye aho icyicaro cya VAR muri Afurika cyashyirwa nyuma yo kubona ukuntu VAR yakoresheje neza mu gikombe cya Afurika.

Nyuma yuko VAR ikoreshejwe neza mu gikombe cya Afurika umutoza Josè Mourinho ari mubishimiye icyi gikorwa ndetse anasaba ko muri Afurika y’Epfo hashyirwayo icyicaro cya VAR muri Afurika

Ati: “Narebye AFCON kuruta umupira w’uburayi. Barimo kutwigisha gusa kuba inyangamugayo. Muri AFCON, VAR yakoreshejwe neza uko igomba gukoreshwa, ntabwo bayikoresheje mu gufasha amakipe afite amafaranga menshi cyangwa amakipe azwi. Iyi niyo mpamvu wabonye ibyiza muri buri kipe”.

iki gikombe cya Afurika cyaranzwe n’udushya cyarangiye Cote d’Ivoire igitwaye nyuma yo gutsinda Nigeria ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma.

 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruce Melody abaye umuhanzi wambere mu Rwanda ukoze ibikorwa na bake

Kigali -Nyabugogo umukarani yikubise hasi muri kaburimbo rwagati abura umwuka azanzamurwa n’umufana wa Rayon Sports uzwi nka Rwarutabura -Amafoto