in

Moses yateguriye abanyarwanda ibirori by’ibyo muzi akora

Umuhanzi w’imideli Moses Turahirwa yateguje ibiriro by’imideli bizabera mu Rwanda yise Kwanda Season Fashion week Show.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahanyuzwa ubutumwa bw’igihe gito, Umunyamideri Moses Turahirwa wahanze inzu ya Monshion yateguje abantu ibirori byo kumurika imideri.

Ii birori bizaba hagati ya tariki 26 na 29 Gicurasi 2023 gusa aho kubera n’abazaba bitabiriye ibyo birori ntabwo bari bamenyekana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manzi Thiery agiye kujya yihimura kuri APR FC yanze kumugarura

I Kibeho haterananiye Abihayimana bo mu Rwanda no mu mahanga (AMAFOTO)