in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Moses Turahirwa ugiye gushyingiranwa na Cedric birangiye ateguje abantu igikwe.

Moses Turahirwa washinze inzu y’Imideri ya Moshions uherutse kwerura ko yemereye umusore mugenzi we  witwa Cedric ngo bazabane nk’abashakanye, ubu noneho ararika abantu ko bari bugufi gutangaza itariki yo gushyingiranwa kwabo.

Uyu musore wakunze kuvugwaho ko ashobora kuba akundana n’abo bafite ibitsina bimwe ariko ntibijye hanze cyane, ubu noneho yatangaje ko bari hafi gushyira hanze itariki y’ubukwe.

Ni ubutumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze aho yagaragaje ko igiye gushyira hanze itariki.Bamwe baketse ko ari ubukwe abandi bavuga ko ari imideli mishya agiye kumurika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu umugabo atagomba kubwira umugore we uko byagenda kose||byanabasenyera.

Cyore: Njuga atamaje abastari nyarwanda batwika ||burya za miliyoni ni ibinyoma gusa gusa(Video)