in

Mohamed Salah yakize inyota y’igitego yendaga kumuca umuhogo

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza yari yakomeje ku munsi wa 23 aho ikipe ya Liverpool udaheruka kubona insinzi yari yakinnye n’ikipe ya Everton.

Nyuma y’imikino itatu abakinnyi ba Klopp nta nsinzi, bakinnye umupira wabo wihuta babona ibitego 2 kuri Everton.

Salah yaramaze igihe kinini atabona igitego kuva Noheli yaba umwaka ushize, kimwe na  Gakpo wabonye igitego cya mbere muri Liverpool cya 1 kuva avuye Qatar.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yayifannye akiri mu nda ya nyina -IFOTO

Amateka n’inkomoko y’umunsi mukuru wa Saint Valentin ufatwa nk’umunsi w’abakundana ku isi yose