in

Miss Umuratwa Anitha ahishuye ikintu gitangaje akundira Shaddyboo|Abakobwa bakunda abasaza(VIDEO)

Umuratwa Kate Anitha wari mu bakobwa 20 babashije kugera mu mwiherero wa Miss Rwanda mu 2020 yavuze ko yikundira Shaddyboo ndetse ahamya ko adakozwa ibyo gukundana n’abasaza.

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Chita Magic TV ikorera kuri Youtube aho Miss Anitha yabajijwe ku bijyanye n’abo bita ba Slay Queen maze avuga ko kuba Slay Queen ntaho bihuriye n’umutimanama w’umuntu.

Miss Umuratwa Anitha mu kiganiro na Chita Magic TV

Abajijwe ku cyo yavuga kuri Shaddyboo, yavuze ko amukunda kubera uburyo aba ari positive, kandi akaba asa neza.

Yagize ati:”nkunda Shaddyboo kubera ukuntu afata ibintu mu buryo buri positive.Wamutuka,wamubwira nabi ntacyo bimutwara.Nkunda uburyo aba asa neza kandi akagira umutima wo gufasha abandi”.

Abajijwe niba nawe ataba nk’abakobwa b’iki gihe bikundira abasaza cyangwa abagabo bakuze ,yasubije ko atabitinyuka ,ngo dore ko abapinga cyane.

Ati:” mu izina rya Yesu!sinakundana n’umugabo ungana na papa.Abakobwa bajya bambwira ngo nzicuza ariko rwose ntabimbamo.

Kanda kuri iyi video urebe ikiganiro kirambuye cya Miss Umuratwa Anitha

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iri ni ishyano:Umugore arashinjwa gushyira urusenda mu myanya y’ibanga y’umukobwa we ngo arasambana.

Niba uri umusore mwiza itegure kuzahura n’ibi bibazo mu buzima bwawe.