in

Iri ni ishyano:Umugore arashinjwa gushyira urusenda mu myanya y’ibanga y’umukobwa we ngo arasambana.

Polisi ya Zambiya muri Sinda yataye muri yombi umukecuru w’imyaka 58 kubera gukekwaho gukubita no gushyira urusenda mu myanya y’ibanga y’umukobwa we w’imyaka 16 amushinja gusambana.

Komiseri wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Lackson Sakala, yemereye Zambia Daily Mail dukesha iyi nkuru ko Mervis Phiri wo mu gace kitwa Nyanje bivugwa ko yakubise umukobwa we inshuro nyinshi nyuma agashyira ifu y’urusenda rwinshi mu gitsina cy’uno mwana.

Yavuze ko uwahohotewe yahise ajyanwa mu bitaro bya Misiyoni bya Nyanje nyuma yo guta ubwenge kuri ubu akaba arakurikiranwa nabaganga nayo nyamugore akaba arimo guhatwa ibibazo kubera iri hohoterwa yakoreye uyu mwana we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibimenyetso simusiga bizakwereka ko umuntu akunda guheheta cyane.

Miss Umuratwa Anitha ahishuye ikintu gitangaje akundira Shaddyboo|Abakobwa bakunda abasaza(VIDEO)