in

Miss Christella yabwiye amagambo akomeye imfura ye aherutse kwibaruka.

Miss Christella Kabagire yavuze amagambo meza ku mwana we w’imfura yise Ishaba Tahel, akomoza kumikurire ye, avuga ko ari ubuntu bw’Imana kuko yamukunze kuva akimutwite.

Christella yavuze ko ntako bisa kwibaruka umwana uguturutseho, kuko uba umukunda kuva ukimutwite kandi ko ari wa muntu uba wumva nyine ubuzima bwe buguhagazeho, ndetse umukunze kurusha ibindi bintu byose ku isi.

Yagize ati: ’’Ni Ubuntu bw’Imana kwibaruka umwana uguturutseho, sinzi niba abantu bajya babasha kubisobanura ariko iyo umaze kumubona uwo mwana, umukunda nyine ukimutwite, ni wa muntu uba wumva nyine ubuzima bwe buguhagazeho, uba wumva umukunze kurusha ibintu ibyo ari byo byose ku isi.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Miss Igisabo yambaye umwenda mugufi

Umugabo yakoreye ibya mfura mbi umugore we wanze ko batera akabariro.