in

Miss Aurore Kayibanda n’abo mu muryango we harimo na mama we barize barahogora ubwo bashyiraga indabyo ku mva y’umuhanzi Hirwa Henry(Amafoto)

Miss Aurore Kayibanda ndetse n’abagize umuryango we bari kumwe na Skizzy bunamiye banashyira indabyo ku mva ya Hirwa Henry wujuje imyaka 10 yitabye Imana wamenyekanye mu itsinda rya KGB.

Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 1 Ukuboza 2022, kuko ariyo tariki uyu muhanzi yitabiyeho Imana.

Miss Aurore Kayibanda n’abo mu muryango we barimo n’umubyeyi ubabyara na Skizzy, bitabiriye uyu muhango wo kunamira Hirwa Henry ndetse no gushyira indabyo ku mva ye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Roberto Martnez nyuma yiminota mike atagejeje ikipe ya kabiri ku isi muri 1/8 mu gikombe cy’isi yahise azerera

Inkumi yavugishije abatari bake nyuma yo gushyira hanze amashusho y’umukunzi wayo ayimesera ikariso.