in

Miss 2020 Ishimwe Naomie, urukundo rwamurushije imbaraga

Miss 2020 Ishimwe Naomie wiyemeje gukora ibijyanye n’imideri, urukundo rwamurushije imbaraga hamwe n’umusore witwa Michael Tesfay barikumwe mu rukundo.

Miss Naomi ibi yabitangaje aho yavugaga ko ntakindi ashaka k’ubuzimabwe usibye uyu musore Michael Tesfay, aho yakomeje abigaragariza kuri Instagram ye aho yakuyeho amafoto yose yari asanzwe ho maze agasigaho amafoto 2 yonyine arikumwe n’umukunzi we.

Ibi Kandi yabikoze nkaho hari icyo yashakaga kwerekana nubwo ntacyo aratangaza kuri byo, gusa uri rukundo rwa miss Naomie na Michael rwatangiye kuvugwa ku mpera z’ukwezi Kwa Mata 2020 biza guceceka ariko Naomie byamunaniye kwihangana kugeza ubu.

Nubwo aya magoto yayashyize hanze, avugako yayafashe ubwo yari ari i Dubai aho yafatiye icyiruhuko cye kitari gito hamwe n’umukunzi we bityo akaba Ari naho yakoreye ibirori bye byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko.

Urukundo rwa miss Naomie rero na Michael Tesfay rukaba ruri kurangwa n’ibyishimo byinci bitewe n’uko bose bari kubyiyumvamo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yajyanye ubwibone baramukosora! Wa mukobwa wamenyekanye mu gikombe cy’isi yageze i Paris benengango baramwemeza

Imodoka imeze nka nshingamunono (High heels) ikomeje gutangaza abatari bake (IFOTO)