in

Minisitiri Utumatwishima yavuze umuhanzi afata nk’uwa mbere hano mu Rwanda

Minisitiri w’Urubyiruko, Dr. Utumatwishima Abdallah, yatangaje ko ari umukunzi w’ibihangano by’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi biturutse ku kuba ibihangano bye biruhura umutima.

Ubwo yari mu kiganiro na Kiss Fm, kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Ukwakira 2023, Utumatwishima yavuze ko muri iyi minsi akunze ibihangano by’abahanzi baherutse guhura barimo na Bwiza, Ish Kevin, Kivumbi King ndetse na Bruce Melodie. Avuga ko aba ari abahanzi bagezweho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biba ku bantu bakuze gusa! Menya ingaruka zo kubaho udakora imibonano mpuzabitsina mu gihe wagejeje imyaka y’ubukure

Itangazo rizanye amakuru meza ku bakoresha umuhanda wa Kimihurura