in

MC Tino yashinze ivi hasi yambika impeta umukunzi we.

Umunyamakuru ,umuhanzi akaba n’umushyushyarugamba MC Tino yateye ivi yambika impeta umukunzi we amusaba kuzamubera umugore.

Mu mafoto yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza uyu muhanzi wakunzwe mu ndirimbo zitandukanye  yateye ivi yambika impeta uyu uzamubera mama w’abana be ategereje ko amubwira ngo “yego”.Mu bigaragara Mc Tino yari yabyiteguye ,dore ko aho yambikiye impeta umukunzi we hari hateguwe neza ,hari ishusho nziza y’umutima n’amagambo agira ati:” ese wakwemera kumbera umugore?” Umukobwa na we ati :” yego“.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yaguye mu kantu ubwo yamenyaga ko uwo amaze imyaka 21 yita mushiki we ari nyina.

Inkuru mbi kuri ya couple y’umusore ufite ubugufi bukabije n’umukobwa w’ibiro birenga 100.