in ,

Manchester United igiye kugurisha umwe muri ba rutahizamu bakomeye yari ifite

during the Barclays Premier League match between Manchester United and Everton at Old Trafford on April 3, 2016 in Manchester, England.

Nyuma yo kugura Romelu Lukaku wari usanzwe akinira Everton, Manchester United yahise ishyira ku isoko umwe muri ba rutahizamu yari isanganwe riwe Anthony Martial.

Anthony Martial wageze mu ikipe ya Manchester United mu mwaka wa 2015 aguzwe akayabo ka miliyoni 50 z’amayero ubu akaba yashyizwe ku isoko kuri miliyoni 30 zonyine.

Uyu musore w’imyaka 21 y’amavuko akaba yari yarigaragaje nk’umukinnyi ukomeye akigera muri Manchester United gusa nyuma byaje kumukomerana kubera kutabasha kumvikana na Jose Mourinho ari nayo mpamvu yashyizwe ku isiko.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda: Umukinnyi ukomeye w’umunya Brasil yishwe urwagashinyaguro

Netflix was the top grossing app in Q2, with mobile revenue up 233%