in

Maman wa #Rabiot yari akubitiye muri stade umuryango wa #Pogba n’uwa #Mbappe

Ku mugoroba wo Kuwa mbere tariki ya 28 Kamena 2021 ubwo umukino wahuzaga ikipe ya France n’ikipe ya Suisse warangiraga, muri stade iri i Bucharest aho uyu mukino wabereye habereye akantu aho Véronique Rabiot, Maman wa Rabiot, yashatse gukubita Mama wa Mbappé amuziza ko atigeze aha uburere umwana we bikaba bitumye arata penalty yatumye ikipe ya France itaha itageze mu mikino ya 1/4 cy’irangiza.

Si Maman wa Mbappé wibasiwe gusa kuko Maman wa Rabiot yanibasiye Maman wa Pogba amuziza nawe ko umuhungu we nawe yatumye ikipe ya France itaha nyamara yari yiyibagije ko Pogba ariwe watsinze igitego cya 3 cyanavuzwe ko kizaba mu byiza byatsinzwe muri UEFA EURO 2020.

Source: Ouestfrance.fr

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wari ugiye gupfa yakoze ikintu kitarakorwa n’undi uwari we wese.

Umugabo twabyaranye yagiye hanze none hari umusore umaze iminsi antereta arashaka ko tubana| Ese mwemerere?| Mungire inama