in

Mama Sava wayobotse inzira y’ubusamo nka Harmonize yavuze amagambo ameze nko kwishongora kuwo bakundanaga

Ku munsi w’ejo hashize nibwo umukinnyikazi wa Filime, Mama Sava yemeje ko yatandukanye n’umukunzi we, Alpha biteguraga kurushinga.

Nyuma yo kwemeza ibyo, yahise ajya ku rukuta rwe rwa Instagram maze ashyiraho ifoto ye arenzaho amagambo agira ati: “Ndakomeye cyane kurusha mbere.”

Ibi Byumvikana nkaho yari ari kubwira uwo batandukanye ko yiyakiriye kandi akomeye kurusha ubwo bari kumwe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ari mu bagabo bafite inzu nziza mu Rwanda ! Cyusa Ibrahim yashimye Imana kubwo inzu yujuje(amafoto)

Diamond Platnumz yatangije ihangana hagati ye na Zari