in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Mama Sava amennye amabanga ku isabukuru ye ||akorewe ibirori bihebuje ararira (video).

Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava yakorewe ibirori by’agatangaza ku isabukuru ye y’amavuko, ndetse ahishura imyaka yujuje.

Mama Sava umaze kubaka izina muri sinema nyarwanda, yavuze ko atajya ahisha imyaka ye nk’uko abandi mu byamamare babigenza aho yavuze ko yujuje imyaka 26 kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 ,kuko yavutse itariki nk’iyi mu 1996.

Mama sava yizihije iyi sabukuru nyuma ya filme yari amaze gukina na Papa Sava agaragara aca inyuma umukunzi we akamuvumbura, hanyuma akamwirukana.Aha niho yahereye avuga ko mu buzima busanzwe atajya aca inyuma umukunzi we.Ni ibirori by’isabukuru byari byitabiriwe n’inshuti ze zitandukanye zamutunguye maze agaragaza amarangamutima menshi arararira kubera ibyishimo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakipe yo mu Rwanda n’abahanzi bakomeye bayafana.

Inkuru isekeje y’uburyo abapasiteri basabye umukobwa w’uburanga gukurura abayoboke akoresheje ikimero cye.