in

Lorenzo nyuma yo kwirukanwa kubera gusaba Minisitiri ngo amugurire icupa, yagize icyo abivugaho

Nyuma y’uko Radio Tv 10 imwirukanye agahita ajya kuri Radio Rwanda abantu bagatangira kwemeza ko ateye imbere, byatunguranye kumva ko nanone yirukanwe kuri RBA bikurikiranye n’imico mibi yari yagaragaje aho kuvugira aho ku gasozi mu kibazo gihangayikishije.

Nyuma yo kubona ko yakoze ishyano mu bantu cyane cyane kuri twot ,umunyamakuru Lorenzo wakoraga kuri Radio Rwanda yahise yegura Twitter yakoresheje yikwikira aza kuyikoresha yizimya ahosha intambara.

Abinyujije kuri Twitter yanditse ko asaba imbabazi kuba yarazanye urwenya rwinshi ndetse yemeza ko byari urwenya ariko akwiye kubabarirwa ndetse abantu kuri Twitter batangira kumusabira imbabazi bavuga ko ntaho urwenya rutaba cyane cyane kuri Twitter.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yatomboye amamiliyoni akora ibidasanzwe

Mu mafoto: Noneho wa mushushanyi wakiyemeje ku byamamare ageze kuri Rusine Patrick aramukabiriza