in

Ese ninde uzamuhagarika? Lionel Messi yakoze ibisa nk’ibitangaza yongera gushimangira ko ari we nimero ya mbere ku Isi -AMAFOTO

Ese ninde uzamuhagarika? Lionel Messi yakoze ibisa nk’ibitangaza yongera gushimangira ko ari we nimero ya mbere ku Isi

Rutahizamu w’umunya Argentina Lionel Messi ukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatsinze igitego 1 mu mukino ikipe ye yatsindagamo ikipe ya Charlotte FC ibitego 4-0 byatumye ibona itike yo gukina imikino ya 1/2.

Uyu mukino watumye Lionel Messi usanzwe ufatwa nka nimero ya mbere ku Isi muri ruhago yuzuza ibitego 8 n’umupira umwe wavuyemo igitego mu mikino itanu gusa amaze gukinira ikipe ya Inter Miami.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bose bemereye icya rimwe: Miss Muheto Divine yongeye gukoza agati mu ntozi maze yerekana ubwiza budashidikanywaho atuma abantu bakora ibintu bidasanzwe kubera ibyo yaramaze kubereka -AMAFOTO

Wagiye usaza utanduranyije! Kanyombya Ndjoli akomeje gahunda ye yo gushimisha abantu noneho yambaye Kora y’abakobwa na high heels ubundi ajya imbere y’imbaga y’abantu aramansura – videwo