in

Kwizera Jojea wari usanzwe ukinira ikipe ya Rhode Island FC yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeye gukinira ikipe y’igihugu Amavubi

Kwizera Jojea ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya Rhode Island FC mu cyiciro kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, biravugwa ko yamaze kwemera gukinira u Rwanda.

Uyu musore w’imyaka 25 yavukiye muri RD Congo, kuri se w’umunyarwanda ndetse na Nyina ukomoka muri Congo, yakiniye amakipe nka CF Montréal na Ogden City zo muri Amerika.

Mu gihe umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yabona ko uyu musore yaba ashoboye, yamuhamagara muri iyi kipe y’igihugu Amavubi.

U Rwanda rwashyizeho gahunda yo gushaka abakinnyi bashya baza gutanga umusanzu mu Mavubi hakaba harimo kurebwaho cyane abafite inkomoko mu Rwanda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Patycope : Impamvu umuziki nyarwanda udindira ku ruhando mpuzamahanga, abahanzi 5 bakomeye muri music business

Bruce Melodie yatanze umucyo ku makuru akomeje kuvuga ko igitaramo cye na Shaggy kizaba icya mbere mu gutaha Stade Amahoro