in

Kwa Titi Brown mu rugo iwe ingoma zahinduye imirishyo

Umubyinnyi Ishimwe Thierry [Titi Brown], yavuze ko agifite ihungabana yatewe n’abantu ko ari yo mpamvu yahisemo kugabanya abantu bamusura.

Uyu mubyinnyi wari wafuzwe azira gusambanya umwana utarageza imyaka y’ubukure akanamutera inda, akaba yari amaze imyaka 2 afunzwe.

Ubwo ikinyamakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru cyamusuraga iwe i Gikondo, yavuze ko agifite ihungabana yatewe n’abantu, akibatinya ku buryo yahisemo kugabanya abamusura kuko yasanze hari abatagenzwa na kamwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto : Abakinnyi bamaze gutsinda ibitego byinshi mu gikombe cy’Africa 2023. (AFCON2023)

Inzu y’umuturage ufite ubumuga bwo kutabona yafashwe n’inkongi y’umuriro -Amafoto