in

Kugeza ubu mu basore bose bakunda Shaddyboo ntanumwe ufite ubushobozi bwo kumutera ivi kubera ahantu Shaddyboo ashaka ko bizabera

Kuri ubu abasore bakunda Shaddyboo bose bakomeje guhezwa kure y’urukundo rwabo kubera ubushobozi bucye, ubushobozi bucye ntibushobora gutuma hari uwaterera ivi Shaddyboo.

Mu minsi yashize Shaddyboo yigize gutangaza ko nta musore ushobora kumuterera ivi atabasha kujya kubikorera aho yifuza.

Shaddyboo yavuze ko yifuza ko umusore wamuterera ivi yabikorera ku munara w’i Paris uzwi nka the Eiffel Tower cyangwa la Tour Eiffel.

Ubwo Shaddyboo yabazwaga kuri iyi ngingo niba itazabangamira abasore bigatuma bamutinya, yavuze ko umusore utabasha kuzuza inzozi ze, byarutwa akabyihorera.

Kuri ubu imbuga nkoranyambaga zongeye gucika ururondogoro zibaza niba kugeza ubu nta musore uragira ubushobozi bwo kumuterera ivi.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ijoro ryahise Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma kuri The Ben ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

NIBA WITWA RIMWE MURI AYA MAZINA AKURIKIRA IREBERE UKO UTEYE