in

Kiyovu Sports yisubiyeho ku cyemezo yari yarafashe nyuma yo gusanga nta kundi yakwikiranura na FERWAFA

Ikipe ya Kiyovu Sports isanzwe ikina shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, yisubiyeho igarura umutoza yari yarakuye mu mirimo.

Mu minsi yashize nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryandikiye Kiyovu Sports riyimenyesha ko umutoza wayo Mateso Jean de die atemerewe kongera gutosa kubera nta byangobwa yujuje.
Ibi byatumye Kiyovu Sports ifata Umwanzuro wo kugarura umutoza Alain-André Landeut wari wahagaritswe tariki ya 28 Ugushyingo 2022.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Element ahishuye umushinga ukomeye afitanye na Harmonize ndetse avuga ko Country Record yahoze abarizwamo itari ikiri kurwego rwe

Noneho urasa nka bicye: Amafoto ya Miss Iradukunda Elsa ukomeje imyiteguro y’ubukwe bwe na Prince Kid yongeye kuvugisha abatari bake kubera uko yasaga(Amafoto)