in

Element ahishuye umushinga ukomeye afitanye na Harmonize ndetse avuga ko Country Record yahoze abarizwamo itari ikiri kurwego rwe

Element ahishuye umushinga ukomeye afitanye na Harmonize ndetse avuga ko Country Record yahoze abarizwamo itari ikiri kurwego rwe.

Element umaze kuba ikirangirire mu matwi y’abanyarwanda yahishuye umushinga ukomeye yagiranye na Harmonize ubwo aheruka mu Rwanda ndetse akomoza no kuri Country Record yahoze abarizwamo.

Mu kiganiro yagiranye na MIE yahishuriye abanyarwanda ko yasubiyemo indirimbo Kashe ndetse akayisubiranamo n’umuhanzi Harmonize bityo abanyarwanda bagomba kuyitegura.

Sibyo gusa kuko igihe Element yabazwaga impamvu yatumye atandukana na Country Record yahoze abarizwamo yavuze ko igihe kigera umunyeshuri wari uri mu ishuri ryo hasi yimuka akajya mu ishuri ry’isumbuye.

Mu buryo bw’umvikana Element we yasobanuraga ko yari amaze kugera ku rwego rwo hejuru ibimwemerera guhindura aho yabarizwaga.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tom Close yagarutse nyuma y’imyaka myinshi adasohora indirimbo

Kiyovu Sports yisubiyeho ku cyemezo yari yarafashe nyuma yo gusanga nta kundi yakwikiranura na FERWAFA