in

Kigali! Mu ijoro, umusore yasambaniye n’inkumi mu muhanda rwa gati maze abamotari baraparika baza kogeza uwo musore wari ufite akanyabugabo [Videwo]

Umusore yasambaniye n’inkumi mu muhanda rwa gati maze abamotari baraparika baza kogeza uwo musore wari ufite akanyabugabo.

Mu mashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga, yerekana umusore n’inkumi bari gutera akabariro mu muhanda.

Muri ayo mashusho yafashwe mu ijoro, yerekana abamotari bashagaye umusore uba uri gutera akabariro.

Mu majwi y’ababa bari aho, humvikana abavuga ko uwo musore ari gutera akabariro gusa uwo mukobwa we ntabwo aba agaragara neza.

[Videwo]

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Me JD AMANI
Me JD AMANI
5 months ago

Ibi niba arukuri ni igikorwa kibangamiye amifato y’abanyarwanda. Nta munyarwanda cg umunyarwandakazi ukwiye kwitwata atya.

Me JD AMANI
Me JD AMANI
5 months ago

Igikorwa cyo gukorera imibonanompuzabitsina ku karubanda ni ikintu gikwiye kwamaganwa na buri wese. Ni igikorwa cy’urukozasoni no guca ukubiri n’amifato y’umunyarwanda n’umunyarwandakazi. Abashungeraga bagakwiye gushyikiriza RIB aba bavandimwe bataye umuco, kuko itegeko ribibemerera.

Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushyingura Rehema na Nyina bapfuye bavuye muri Bridal shower ya Rehema

Giramata wabyaranye na Axel Rugangura, yari mu nkumi zambariye umunyamakuru Aissa Cyiza warongowe – VIDEWO