in

Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushyingura Rehema na Nyina bapfuye bavuye muri Bridal shower ya Rehema

Umukobwa witwa Rehema Chao ndetse na Nyina Agnes Chao baherutse kwitaba Imana bashyinguwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Ukuboza 2023.

Rehema na Nyina bapfuye ubwo bari bavuye mu birori byo gusezera ubukumi bya REHEMA. basize ubuzima mu mpanuka ubwo Rehema yari atwaye akagongwa n’indi modoka.

Aba bombi bashyinguwe ku itariki 2 Ukuboza 2023 ari nabwo uyu Rehema yagombaga gukora ubukwe n’umugabo we.

Mu marira n’agahinda kenshi umugabo we ndetse n’inshuti n’abavandimwe, bamutabaye. Pasiteri wayoboye uwo muhango asaba abantu ko badakwiriye kubabara kuko byose byari mu mugambi w’Imana .

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibajya munsi y’ibihumbi 10! Mu gace kamwe ko mu Rwanda hari uburaya bwateye imbere kandi bwihagazeho ku buryo n’abanyamahanga nta handi bahahira

Kigali! Mu ijoro, umusore yasambaniye n’inkumi mu muhanda rwa gati maze abamotari baraparika baza kogeza uwo musore wari ufite akanyabugabo [Videwo]