in

Kicukiro: Umusore w’imyaka 17 yigize umukobwa aza gufatwa n’Inzego z’umutekano bamusangana ubugabo none agiye gufungirwa mu kigo cy’inzererezi

Umusore w’imyaka 17 witwa Niyonkuru Theophile yafashwe yigize umukobwa agenda mu baturage abasaba akazi ko kurera abana.

Uyu musore ni mwene Nyarwaya Isidore na Mukankumbi Virginia, aho avuka mu Kagari ka Butare, umudugudu wa Bukure, mu Karere ka Gicumbi.

Uyu musore, yagendaga mu nzira agenda asaba akazi ko kurera umwana ageze ku kagali ka kamashashi afatwa ni nzego z’umutekano bamubaza uwo ariwe ababwira ko ari umukobwa. Bamujyana mu cyumba bamukozeho basanga n’igitsina Gabo.

Nyuma yo gufatwa yahise ajyanwa kuri station ya police ya Nyarugunga.

Kuri ubu yakorewe KTC Form kugira ngo azajyanwe Gikondo Transit center.

Ubu afungiye kuri police station Nyarugunga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Diane
Diane
7 months ago

Ubwose baramuhora iki ko rubanda Banga amahoro ntacyo atwaye

Uba umeze nk’uri mu ndege: Imodoka nshya zikoresha amashanyarazi zageze i Nyarugenge zihita zitagira gutwara abantu mu buryo bwa rusange [AMAFOTO]

Kiyovu Sports ikomeje gushakisha Bus yatwaraga abakinnyi bayo yaburiwe irengero ryayo