in

Kenya: Abanyamakuru bakubitiwe mu kiganiro bari batumiwemo

Microphones at a news conference. Press conference.

Abanyamakuru bo gace ka Homa Bay muri Kenya bakubiswe izakabwana n’abantu babatunguye ubwo bari bari mu kiganiro n’itangazamakuru.

Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki 12 Werurwe 2023, aho abo banyamakuru bakubitiwe mu kiganiro bari batumiwemo n’abakuru b’imiryango bagize icyitwa Luo Council of Eleder.

Abanyamakuru bakubiswe ni George Oduor ukorera Nation Media Group, Ali Abich ukorera radio Ramogi hamwe na mugenzi we witwa Florence Ochieng ‘batewe ubwoba’ ko bagiye gucibwa umutwe.

Ubwo iyi nkuru yandikwaga, bose bari bamaze kugera kuri station ya Polisi y’i Homa Bay ngo batange ikirego.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abajura 2 bari bibye SACCO barashwe

Abakinnyi 2 bari mu kibuga bakina bakubiswe n’inkuba bahita bitaba Imana