in

Kanye west kwihanganira amagambo y’abantu biranze, ahisemo kuva muri Amerika burundu

Umuhanzi Kanye Omari West wamamaye nka Kanye West umaze iminsi atorohewe ku mbuga nkoranyambaga bitewe no kuvuga nabi Abayahudi n’amagambo yivangura ruhu, hagaragaye amashusho avuga ko yitegura kwimukira mu gihugu cya Africa Y’epfo aho azajyana n’umugore we mushya Bianca Censori bivugwa ko bakoze ubukwe.

Uyu muhanzi muri ayo mashusho bitaremezwa ko ari aye, yavuze ko agomba kujya muri South Africa gutangira ubuzima bushya n’umugore we mushya Bianca Censori.

Ni amashusho yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rubuga TikTok. Icyakora bikekwa ko aya mashusho atari aye kuko atari nyiri ubwite wayasakaje.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi wa radiyo Isango Star yambitswe impeta n’umusore uvuye America (AMAFOTO)

Imikinire y’umupira ya Diamond Platinum yakomeje gutangaza benshi