in

Kandi buriya disi azi ngo abakobwa baramukunda, Fifi Raya utajya aripfana ageze kuri Juno Kizigenza abaga nta kinya

Kandi buriya disi azi ngo abakobwa baramukunda, Fifi Raya utajya aripfana ageze kuri Juno Kizigenza abaga nta kinya.

Umuraperikazi Fifi Raya uri mu bagezweho hano mu Rwanda yibasiye Juno avuga ko abanyarwanda aribo bamwoshya akagira ngo anakobwa baramusariye.

Ni mukinmganiro yagiranye na Isimbi Tv ubwo Sabin yavugaga ko Fifi raya, Bwiza ndetse n’abandi bakobwa basigaye barwanira Juno.

Mu gusubiza Fifi Raya yabanje araseka ubundi ati “kandi disi buriya Juno azi ngo abakobwa turamukunda ariko uziko ahubwo ari mwe mu mwoshya .”

Mu busanzwe Ariel Wayz niwe mukobwa uzwi wigeze kukanyuzaho n’uyu musore nubwo nyuma haje guhwihwiswa ko Bwiza yaba ari murukundo na Juno gusa byose byari bimwe mu bikubiye mu ndirimbo bafitanye yitea ‘Soja’.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Moussa Camara yatuye agahinda Perezida wa Rayon Sports

Irebere uburyo Vava yatunguwe agahabwa indabo ku munsi w’abakundana uzwi nka Saint Valantin(VIDEWO)