in

Kabaye: umukobwa w’imyaka 16 arashinjwa gufata ku ngufu umusaza rukukuri

Umukobwa ukiri muto ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokasi ya Kongo arashinjwa n’abaturage gufata ku ngufu umukambwe w’imyaka 76 ndetse akanamuhoza ku nkeke.

Nk’uko bitangazwa n’abaturage b’uyu mukobwa bavuga ko uyu mukobwa afata ku ngufu umusaza w’imyaka 76 akanamuhoza ku nkeke, kandi ngo si ibyo gusa kubera uyu mukobwa nabo yarabazengereje kuko abana babo b’abahungu abafata kungufu cyane cyane abari munsi y’imyaka 10 kumanura akabasambanya.

Abaturage bahangayikishijwe n’uyu mukobwa w’imyaka 16 bavuga ko batewe impungenge nawe cyane, ariko ikintu kiba kibahangayikishije cyane ni uko ashobora kubanduriza abana indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina cyan cyane izidakira, bakaba banasaba ababyeyi b’uyu mukobwa kwirengera ingaruka z’ibikorwa by’uyu umwana wabo.

Uyu mukobwa abajijwe ibyo ashinjwa yasekeje abantu avuga ko yikundira cyane uyu musaza rukukuri ,akaba ari yo mpamvu aba ashaka kumusambanya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nguyu umukobwa abasore bose bahora barota.

Ibyo kurya birinda impumuro mbi mu kanwa