in

NdabikunzeNdabikunze

Ka gatwiko ka Rocky Kimomo kamukoreye umuti

Hashize igihe tubagejejeho inkuru yuko ibyavuxwe nk’ubukwe bwa Rocky Kimomo bitaribyo ahubwo ko ari amashusho y’indirimbo Bambe ya Papa Cyangwe na Social Mula yararimo gutunganywa ari naho amashusho agaragaza Rocky yakoze ubukwe ari.

Kuri ubu iyi ndirimbo Bambe ya Papa Cyangwe na Social Mula, iri kuri konti ya Rocky Entertainment kuri YouTube,yamaze kuzuza umubare w’abantu basaga miliyoni bamaze kuyareba akaba ari agahigo gakomeye kubera ko si buri ndirimbo nyarwanda yuzuza abantu basaga miliyoni bayirebye mu gihe cy’ukwezi kumwe gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo yagaragarije amarangamutima akomeye The Ben na Pamella nyuma yo kumwambika impeta.

NI IKI CYO KWITEGA MU CYERECYEZO CY’UBURENGERAZUBA UYU MWAKA ?