in

Jose Mourinho yahaye icyifuzo FIFA ku bakinnyi baturuka muri Africa bakajya gukinira ibindi bihugu basize ibyo bavukamo

Jose Mourinho arifuza ko FIFA yabuza abakinnyi bakomoka muri Africa gukinira ibindi bihugu bitari aho bakomoka.

Uyu mugabo atekereza ko byafasha ibihugu byo muri Africa gutwara ibikombe bikomeye, akomeza avuga ko ibi byatuma ibihugu bya Africa bitwara Igikombe cy’isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda igihe mutarabibwirana

Ikipe ya RBA FC itozwa n’umunyamakuru Kwizigira Jean Claude Lee yongeye gutsindwa undi mukino