in

Iyi mibare iteye ubwoba: Polisi yatangaje imibare y’abantu bishwe n’impanuka mu mezi atatu ashize n’uburyo zahombeje igihugu

GIDP Vicente Sano umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ibikorwa muri Polisi y’igihugu yatangaje ko impanuka zo mu mihanda zimaze gutwara bw’abantu 250 mu gihe cya amezi atatu ashize.

Uyu muyobozi akomeza avuga ko zikomeje guhombya igihugu ariyo mpamvu hakenewe uruhari rwa buri wese mukuzikumira ibi yabitangarije abanyamakuru bitabiriye amahugurwa y’iminsi ibiri ku mutekano wo mu muhanda kandi Isi yose iri mu cyumweru cyahariwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda bikaba byaratangiye tariki 17 Gicurasi 2023.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda ubushomeri buri kuvuza ubuhuha, dore uko imibare ibigaragaza

Niyo mpamvu hari abayikoresha nabi igahita ibica, ese ni ryari imiti yongera ubushake ku bagabo ikwiye gukoreshwa?