in

“Imyaka burya n’imibare “- Iyi couple ikomeje gutangaza benshi batuye isi

Umusore w’uburebure Blake uri mu rukundo n’umukobwa witwa casse ufite ubumuga bw’ubugufi gusa ntacyo bitwaye dore ko bakomeje kuvugisha benshi bitewe nuko bagaragara.

Caisse avuga ko bahuye kuri facebook ndetse bakaza gukundanira aho ndetse umukobwa arusha imyaka igera kuri 13 umuhungu kuko casse ufite ubugufi budasanzwe afite imyaka 32 naho Blake ari mu myaka 19,  ibyo bombi bafata ko imyaka ari imibare kuko ahari urukundo byose bishoboka.

Casse avuga ko yavutse afite ubumuga gusa ntabwo byamuciye intege kuko yakomeza gukora akazi ke ko kubyinira abantu mu tubari bamwe bakunze kwita abamansuzi .  Kuri ubu barabana mu nzu aho batuye mu gihugu cya America kandi bishimiye urukundo rwabo nkuko bombi babyivugira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto agaragaza inseko ya Miss Shimwa Guelda yavugishije benshi kuri instagram

Yasambanyirijwe mu bwiherero bw’ikigo cy’amashuri yigamo n’umuntu utari wamenyekana