in

Itsinda ry’abakobwa babiri bakunzwe cyane mu gihugu rikomeje kwigarurira imitima ya benshi kubera ubwiza n’imiterere byabo

Itsinda ry’abakobwa babiri bakunzwe cyane mu gihugu rikomeje kwigarurira imitima ya benshi kubera ubwiza n’imiterere byabo.

Itsinda rya Kataleya na Kandle ni itsinda ry’abanya – Ugandakazi rumaze kumenyekana cyane mu muziki wa Uganda.

Ni itsinda rikunzwe cyane ndetse rifite indirimbo zagiye zikundwa cyane harimo nka Binkorere, Nyash, Do Me, n’izindi.

Iritsinda rigizwe na Namakula Hadiijah (Kataleya) ndetse na Nabatuusa Rebecca Robins (Kandle).- Amafoto

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Buri mwana wese yashakaga kumukoraho! Abana bagize amahirwe yo kujya mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda bishimiye guhura na Muhadjiri – VIDEWO

Amarira yabo niyo abagejeje ku itsinzi! Diamond Platnumz yafashe amarira y’abana be ayahindura ibitwenge ubwo yageragezaga kubasiga ngo aze i Kigali wenyine